Zahabutimes - zahabutimes.com

General Information:

Latest News:

Abakinnyi binjiza amafaranga kurusha abandi ku isi - Nk'uko tubikesha urubuga rw'ikinyamakuruSports Illustrated gisanzwe cyandika ku makuru arebana n'... 26 May 2013 | 05:30 am

Iki kinyamakuru gikora uru rutonde buri mwaka, kikaba kibigeraho nyuma yo gukora iperereza ryimbitse haba mu makipe, ku bayobozi bayo, abamanager b’abakinnyi, n’ahandi henshi cyane. Iyo havuzwe amafar...

“Ubukungu bw’u Rwanda bukomeje kuzamuka neza” Amb. Gatete Claver 17 May 2013 | 12:34 am

Miliyari 1 627 niyo mafaranga ateganyijwe mu mbanzirizamushinga y’ingengo y’imari y’igihe gicirirtse u Rwanda ruzakoresha mu mwaka wa 2013/2014. Ugereranije n’ingengo y’imari ivuguruye iheruka ya 2012...

Customer care itangirana na staff care ! - Umukozi niwe zingiro-shingiro ry'iterambere rya bizinesi iyo ariyo yose: ni umuhagararizi wa kampuni yose. ... 16 May 2013 | 11:39 pm

Iyo umuntu afashe umwanzuro wo gushora amafaranga mu bucuruzi, si imikino aba agiyemo. Birumvikana ko umutungo ndetse n’ighe bye aba agiye kubitanga kugirango arebe ko yazagira inyungu imufasha kuzamu...

Inguzanyo muri Finabank (ibikurikira) 26 Dec 2012 | 01:15 am

Usibye inguzanyo ihabwa umuntu ushaka kwagura ubucuruzi bwe, muri Fina Bank hashobora kuboneka: inguzanyo yo kugurirwa imodoka cyangwa imashini aribyo byitwa leasing n’inguzanyo ihabwa abakozi bahembw...

Ntukibagirwe aho wavuye ! 24 Dec 2012 | 01:37 pm

Iki n’ikintu gikunze kuba ku bantu aho usanga abantu biyibagiza ubuzima banyuzemo nyuma yo kugera ku ntambwe runaka. Umuntu ashobora gutangira urugendo rw’ubuzima bukamugora cyane maze akiyambaza insh...

Nyuma yo kubabazwa n’imvune z’abakerarugendo, yakoze ivalisi yitwara ! 22 Dec 2012 | 06:22 pm

Uyu ni Rodrigo Garcia Gonzalez w’imyaka 28 y’amavuko, akaba yiga muri Polytechnic University of Madrid mu gihugu cya Espanye. Nk’uko yabitangarije ikinyamakuru Le Figaro aricyo dukesha iyi nkuru, yagi...

Inguzanyo muri Finabank 22 Dec 2012 | 02:33 am

Finabank ni imwe mu mabanki afite ubunararibonye mu gukorana n’ibihugu by’ibiyaga bigari. Iri mu zorohereza abakiriya kubona inguzanyo. I. Ubwoko bw’inguzanyo 1. Inguzanyo ku mushahara 2. Kugurirwa im...

Abapasitori 10 bakize kurusha abandi ku isi - Kuri ubu kuvuga ubutumwa bwiza byabaye umwe mu myuga izana agafaranga gatubutse ku batuye iyi si kuri ik... 20 Dec 2012 | 03:41 am

Dore urutonde rw’Abakozi b’Imana 10 b’abaherwe kurusha abandi ku isi bibitseho agafaranga gatubutse Muri uko kugira abatambyi b’abakire cyane, Africa nayo ntiyahejwe kuri iryo banga, akaba ari muri ur...

Ibimenyetso bikubwira ko ushobora kuba utwite - Iyi nkuru ni iyo twohererejwe n'umwe mu basomyi wa zahabutimes.com 19 Dec 2012 | 05:17 pm

Iyo umugore atwite agira ibimenyetso bigaragaza ko atwite ariko buri nda igira uko ifata umugore kandi ibimenyetso by’uko umugore atwite biba bitandukanye kuko n’abagore batandukanye. Hari ibimenyetso...

Impfu zaterwaga n’imirire mibi zaragabanutse zisimburwa n’iziterwa n’amafunguro arenze urugero. 19 Dec 2012 | 04:28 pm

Ibi ni ibyavuye mu bushakashatsi buherutse gusohoka, The Global Burden of Diseases, bwakozwe n’abashakashatsi bagera kuri 500 mu bihugu 50 ku migabane yose y’isi. Nk’uko ibigaragaza, mu myaka y’i 1990...

Recently parsed news:

Recent searches: